Dore amakosa 10 ukwiye kwirinda igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe

Dore amakosa 10 ukwiye kwirinda igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe

Uyu munsi tugiye kubagira inama ku makosa 10 ugomba kwirinda igihe uri mu buriri n’ uwo ukunda yaba umuhungu cyangwa umukobwa kugirango bitazangiza umubano wawe n’ uwo wihebeye.

Dore amakosa ugomba kwirinda igihe uri mu buriri n’ umukunzi wawe.

1. Irinde ubwanwa bwashokonkoye

Ubwanwa ni kimwe mu bintu wakwirinda igihe bumaze iminsi igera nko kuri 3 butogoshwa bujomba uwo muri kumwe mu buriri bikaba byamutera ku ta kwisanzuraho neza.

2. Irinde kumubwira ibyabo mwatandukanye (Ex)

Igihe uri mu buriri n’ umukunzi wawe wirinde ku mubwira ibyabo mwatandukanye cyangwa ku mubwira ibyo ubibukaho kuko bizamubabaza cyane.

3. Irinde kuba wabyuka ukajya kwirebera Television

Igihe uri kumwe n’ umukunzi wawe muhe umwanya wose ushoboka kuko bizamushimisha cyane wigira utundi tuntu uhugiramo umupira, films, ibiganiro ukunda byose bihagarike umuhe agaciro.

4. Irinde kwibagirwa ku musoma

Igihe uri kumwe n’ umukunzi wawe mu buriri imibonano mpuzabitsina ntabwo ariyo yonyine mwahuriraho, ahubwo musome kuko biri mu bintu abakobwa bakunda cyane umukorakore biza mushimisha cyane kuko abakobwa barabikunda.

5. Irinde ku mukorakora n’ibigufubyinshi nkurimo
guhinga umushike

Mukorakore buhoro buhoro cyane cyane ku myanya ye yorohereye (imyanya yo ku gitsina) ntujyane ibigufu byinshi kuko ntabwo ari umurima urimo
guhinga.

6. Irinde kurangiza mu minota 2

Umukobwa kugirango arangize bimara nibura iminota 20, koresha uko ushoboye kugirango nawe abashe kurangiza igihe murimo gukora imibonano mpuzabitsina, bizabafasha mwese kuryama mu meze neza.

7. Irinde amagambo atari meza cyangwa menshi utivamo

Niba uri mu buriri n’ umukunzi wawe irinde kuba wakoresha amagambo atari meza waba uya mubwira cyangwa se hari ikindi murimo kuvugaho, wivuga amagambo menshi udashiduka umuhamagaye Alice kandi yitwa Carine.

8. Irinde kuta mwikoza nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina

Ereka umukunzi wawe ko umwishimiye na nyuma yo kurangiza gukora imibonano mpuzabitsina, wirangiza ngo uhite umutera umugongo nk’ aho
mutari muri kumwe bizatuma akwizera kandi abone ko umukunda.

9. Ntuzage mu buriri utisukuye cyangwa nabwo budasukuye

Niba ushaka ko umukunzi wawe agusoma, agukorakora nibyiza ko mbere yo kujya mu buriri ubanza ugakora isuku yo ku mubiri, ukitunganya neza ntujye mu buriri ugiye ku munukira.

10. Irinde gukora imibonano mpuzabitsina nk’uwiba

Niba muri mu buriri n’ umukunzi wawe, wikora imibonano nk’ uwiba cyangwa ukurikiwe, banza
umutegure neza ku gikorwa mu giye gukora bizatuma mujyana mu gikorwa mukishimire mwese.

Aimé Gerald UFITINEMA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Share